VIH ni amagambo yigifaransa ahinye yibasira ubudahangarwa cyangwa abasirikare b’umubiri w’umuntu bityo umibira wawe ntugire ubuzima bwiza. Iyo VIH ikuze ishobora gutera ibyuririzi bigabanya abasirikare b’umubiri (SIDA).
Kubw’amahirwe, hari imiti iha ingufu ubudahangarwa b’umubiri. Iyo umuntu itangiye imiti kugihe kandi akaguma kuyifata bimugabanyiriza ibyago byo kuzahazwa na VIH. Hari iterambera mu miti igabanya ubakana bwa VIH kuburyo umuntu ubana n’agakoko gatera ka VIH ashobora kugira ubuzima busanzwe iyo afashe imiti ku gihe kandi buri munsi.
Ku bisonuro birambuye mu cyongereza reba iyi videwo y'umunota umwe “ Greater Than AIDS for more” (Ihuza ku makuru mu cyongereza)
Was this article helpful?
8 out of 9 found this helpful
Have more questions? Submit a request