Ntabwo umuntu ashobora kwandirira agakoko ka VIH mu gusomana, gusoma inyo cyangwa mu kwikinisha. Hari ibyago bike byo kwandura agakoko iyo ukora imibonano mpuzabitsina wambaye agakingirizo waba uri hasi cyangwa hejuru igihe cyose agakindirizo katacitse cyangwa kavuye ku gitsina. Ukora imibanano ari hejuru ibyago biringaniye mu kwandura agakoko naho uri hasi we aba afite ibyago byinshi byo kukandura.
Ibi tuvuze bireba VIH gusa ntabwo bireba izindi ndwara zandurira mu mibanano mpuzabitsina nka imitezi, mburugu, kalamadiya na hepatite.
Was this article helpful?
11 out of 12 found this helpful
Have more questions? Submit a request